Kuwa kane tariki ya 22 Ugushyingo 2018 nibwo habaye igikorwa cyo gusoza Inama ya 12 ya EAAACA, aho hatanzwe amahugurwa ku bijyanye n’inzego zishinzwe iperereza mu bikorwa by’amafaranga (Financial Intelligence Units).
Kuri uyu munsi kandi ni nabwo hasinywe imyanzuro yavuye muri iyi nama ya 12 y’Ibigo bishinzwe kurwanya ruswa muri Afurika y’Uburasirazuba.
AMAFOTO MWAYASANGA HANO <====